English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uko Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda yagaragaye kuri filime yitwa’Smurfs’

Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda no muri Congo, Lous and The Yakuza yakoze indirimbo yitwa’To Me’izifashishwa kuri filime ‘SMURFS’. Abanda bahanzi bazwi bayigizeho uruhare barimo;Rihanna,Tyla, Shensea, DJ Khaled, Natania, Card B n’abandi.

Indirimbo zizakoreshwa kuri iyi filime zakorewe muri Roc Nation Records. Umushinga wa filime ushyirwa mu bikorwa na Paramount Animation, ishami rya Paramount Pictures Corporation. Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.

 

Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.



Izindi nkuru wasoma

Ibiciro by’ibicuruzwa ku masoko y’u Rwanda bikomeje gutumbagira

Perezida wa Mozambique ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka myinshi muri Congo

Abantu bagufi barusha abarebare amahirwe yo kuramba -Ukuri kwa Siyansi

Abanyeshuri b’u Rwanda bakomeje gutsindirwa mu mibare n’ubugenge , Leta irateganya iki?



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-04 10:27:21 CAT
Yasuwe: 381


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uko-Umubiligi-ufite-inkomoko-mu-Rwanda-yagaragaye-kuri-filime-yitwaSmurfs.php