English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uko Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda yagaragaye kuri filime yitwa’Smurfs’

Umubiligi ufite inkomoko mu Rwanda no muri Congo, Lous and The Yakuza yakoze indirimbo yitwa’To Me’izifashishwa kuri filime ‘SMURFS’. Abanda bahanzi bazwi bayigizeho uruhare barimo;Rihanna,Tyla, Shensea, DJ Khaled, Natania, Card B n’abandi.

Indirimbo zizakoreshwa kuri iyi filime zakorewe muri Roc Nation Records. Umushinga wa filime ushyirwa mu bikorwa na Paramount Animation, ishami rya Paramount Pictures Corporation. Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.

 

Ku bakunzi ba filime rero iyi bayitegereze ku itariki 13 Kamena 2025.



Izindi nkuru wasoma

Uko Perezida Ndayishimiye akomeje kugambanira u Rwanda aha indaro abashaka kurusenya

Ibyo Kanye West yavuze kuri P Diddy byatangaje benshi

Ibidasanzwe mu rugendo rw’abasirikare ba Afurika y’Epfo banyujijwe mu Rwanda bava i Goma

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Justin Bieber yavuze kuri Lil Wayne



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-04 10:27:21 CAT
Yasuwe: 94


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uko-Umubiligi-ufite-inkomoko-mu-Rwanda-yagaragaye-kuri-filime-yitwaSmurfs.php