English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Itorero ry’Igihugu Urukerereza ryerekeje mu Mujyi wa Addis Ababa

Itorero ry’Igihugu Urukerereza ryerekeje mu Mujyi wa Addis Ababa, mu gihugu cya Ethiopia, aho bitabiriye ku nshuro yabo ya mbere iserukiramuco rizwi nka “East African Culture & Arts Festival”, rigahuza ibihugu bitandukanye byo ku Mugabane wa Afurika.

Iri serukiramuco, rihuza abahanzi, abayobozi n’abakunzi b’umuco, ryatangijwe mu rwego rwo guteza imbere no gusigasira umuco wa Afurika, binyuze mu buhanzi bw’abanyarwanda n’abanyafurika muri rusange.

Iki gikorwa cyitezweho kongera gususurutsa impano n’ubuhanzi bw’akarere, by’umwihariko mu kugaragaza ubukire bw’umuco nyafurika, by’umwihariko izikomoka mu Rwanda.



Izindi nkuru wasoma

Karongi iri kwiyubaka nk’Umujyi mushya w’Ubukerarugendo n’Ingufu za Gazi- Guverineri Ntibitura

Abakozi ba Leta mu Mujyi wa Kigali basabwe gukorera mu rugo hagati ya tariki 21 na 28 Nzeri

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy

Si ku butaka gusa, ahubwo no mu kirere: Uko u Rwanda rurimo kurambura amababa ku isi hose

Ubutumwa bwihutirwa bw’Umujyi wa Kigali



Author: Nsengimana Donatien Published: 2025-03-19 12:56:59 CAT
Yasuwe: 382


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Itorero-ryIgihugu-Urukerereza-ryerekeje-mu-Mujyi-wa-Addis-Ababa.php