English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yabajijwe niba azababarira P.Diddy uri muri gereza aho akurikiranyweho ibyaha bishobora kumugumisha mu nzu y’imbohe ubuzima bwose igihe yabihamwa.

Donald Trump rero aganira na Forbes yasobanuye ko yiteguye kubabarira umunywanyi we wo kuva kera dore ko yajyaga yitabira ibirori byategurwaga na P.Diddy.



Izindi nkuru wasoma

Ibyo mutamenye ku gitero Israel yagabye ku bayobozi bakuru ba Hamas muri Qatar

Perezida wa Mozambique ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

Isasu rigomba kugenda ryanditseho izina ry’uwo rigenewe-Perezida Kagame

Ibyo Donald Trump yasabye Ukraine bigiye guhindura isura y’Intambara

Perezida Kagame yitabiriye inama yahuje Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma za EAC na SADC



Author: Nsengimana Donatien Chief Editor Published: 2025-05-31 15:13:02 CAT
Yasuwe: 368


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyo-Perezida-Donald-Trump-yasubije-nyuma-yo-kubazwa-niba-azababarira-P-Diddy.php