Timbaland yakoze ibyo benshi bari kunyenga birimo no gusinyisha umuhanzikazi wa AI
Timbaland ufatwa nk’umwe mu ba producer bubatse ibigwi mu muziki w’Amerika yakoze ibyo benshi bari kunyenga. Yarifashe asinyisha umuhanzikazi witwa Tata binyuze muri label yatangije yitwa ‘Stage Zero’, ayifatanyije na Mudaliar na Zayd Portillo. Uyu muhanzikazi yakozwe n’ikoranabuhanga ryitwa’Suno AI’. Timbaland rero benshi bamwibasiye bavuga ko ari gukora ibidasanzwe ariko we akaba ari kubaka ubuhangage.
Yavuze ko ari kubaka abahanzi ahereye ku busa, akubaka injyana yise’A-Pop’ ahereye ku busa ku buryo atiyumvisha impamvu abantu bari kunenga icyemezo yafashe.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show