English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Menya amakuru mashya avugwa kuri Fatakumavuta  wamaze kugeza ubujurire bwe mu rukiko.

Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yajuririye icyemezo aheruka gufatirwa n’Urukiko cyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.

Ku wa 06 Ugushyingo 2024, nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Fatakumavuta afungwa iminsi 30 kuko ibyo akurikiranyweho bihanishwa igifungo kirenze imyaka ibiri.

Gugeza  ubu umunyamakuyru Fatakumavuta yatanze ubujurire bwe akaba ategereje guhabwa itariki yo kujurira icyemezo cy’Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro.

Fatakumavuta akurikiranweho ibyaha Bitandatu yakoreye ku mbuga nkoranyambaga, ndetse n’ikindi cyaha cyo kunywa ikiyobyabwenge cy’urumogi.



Izindi nkuru wasoma

Abantu bagufi barusha abarebare amahirwe yo kuramba -Ukuri kwa Siyansi

Ukuri ku mashusho yasakaye agaragaza umukobwa ari kuribwa n’ifi

Urubanza ruregwamo abasirikare ba RDF ndetse n’abanyamakuru rwashizwe mu mehezo

Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe barashwe n’indege ya Israel

Rusororo: Abagabo babiri bafatiwe kuri moto batwaye ibilo 31 by’urumogi



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-17 13:55:44 CAT
Yasuwe: 504


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Menya-amakuru-mashya-avugwa-kuri-Fatakumavuta--wamaze-kugeza-ubujurire-bwe-mu-rukiko.php