English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Gukangurira Abagore n’Urubyiruko gufata Inguzanyo: Icyerekezo gishya ku Bukungu bw’u Rwanda

Mu rwego rwo kongerera ubushobozi bw’abagore n’urubyiruko mu Rwanda, inzego zishinzwe imari zateguye umushinga mushya w’ikigega cyitwa Microfinance Liquidity Fund (MLF), kizafasha iyi miryango kubona inguzanyo ku nyungu zoroheje. Iki kigega, kizashyirwa mu bikorwa bitarenze umwaka wa 2025, giteganya gufasha abagore n’urubyiruko batari kubasha kubona inguzanyo kubera imbogamizi zirimo kubura ingwate no kutagira ubushobozi bwo kubona amafaranga.

Ishyirahamwe ry’Ibigo by’Imari mu Rwanda (AMIR) hamwe n’Ikigo cyorohereza abantu kubona serivisi z’Imari (Access to Finance Rwanda/AFR) bazayobora iki kigega mu bufatanye n’izindi nzego zirimo Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) ndetse na Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR). Iyi gahunda izafasha mu kugabanya ubukene no kuzamura ubwizigame bw’Abanyarwanda, by’umwihariko abagore n’urubyiruko, binyuze mu bikorwa by’imari bibasha kubagezaho inguzanyo zoroheje.



Izindi nkuru wasoma

Uko Perezida Ndayishimiye akomeje kugambanira u Rwanda aha indaro abashaka kurusenya

Ibidasanzwe mu rugendo rw’abasirikare ba Afurika y’Epfo banyujijwe mu Rwanda bava i Goma

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Hatanzwe umucyo ku cyatumye u Rwanda rwivana burundu mu Muryango ‘ECCAS’

COVID-19 yongeye kugaragara mu Rwanda



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-03-15 14:12:02 CAT
Yasuwe: 148


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Gukangurira-Abagore-nUrubyiruko-gufata-Inguzanyo-Icyerekezo-gishya-ku-Bukungu-bwu-Rwanda.php