English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abepiskopi Gatolika b’u Rwanda n’u Burundi basabye ifungurwa ry’Imipaka hagamijwe ubuvandimwe

Abepiskopi Gatolika bo mu Rwanda no mu Burundi, bibumbiye mu Ihuriro ACOREB, batangaje ko bababajwe n’ifungwa ry’imipaka yo ku butaka ihuza ibihugu byombi, basaba ko hafatwa ingamba zo kuyifungura kugira ngo abaturage bongere gusabana no guhahirana.

Ibi byatangajwe mu nama isanzwe y’iri huriro, yabereye i Kibungo kuva tariki 30 Werurwe kugeza tariki 1 Mata 2025. Mu itangazo basohoye, Abepiskopi bavuze bati: “Tubabajwe no kuba kugera ubu imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi ifunze. Twishimiye ko hari ibyatangiye gukorwa kugira ngo umubano wongere kuba mwiza.’’



Izindi nkuru wasoma

Uko Perezida Ndayishimiye akomeje kugambanira u Rwanda aha indaro abashaka kurusenya

Ibidasanzwe mu rugendo rw’abasirikare ba Afurika y’Epfo banyujijwe mu Rwanda bava i Goma

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Hatanzwe umucyo ku cyatumye u Rwanda rwivana burundu mu Muryango ‘ECCAS’

COVID-19 yongeye kugaragara mu Rwanda



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-04-02 11:04:49 CAT
Yasuwe: 127


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abepiskopi-Gatolika-bu-Rwanda-nu-Burundi-basabye-ifungurwa-ryImipaka-hagamijwe-ubuvandimwe.php