English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abepiskopi Gatolika b’u Rwanda n’u Burundi basabye ifungurwa ry’Imipaka hagamijwe ubuvandimwe

Abepiskopi Gatolika bo mu Rwanda no mu Burundi, bibumbiye mu Ihuriro ACOREB, batangaje ko bababajwe n’ifungwa ry’imipaka yo ku butaka ihuza ibihugu byombi, basaba ko hafatwa ingamba zo kuyifungura kugira ngo abaturage bongere gusabana no guhahirana.

Ibi byatangajwe mu nama isanzwe y’iri huriro, yabereye i Kibungo kuva tariki 30 Werurwe kugeza tariki 1 Mata 2025. Mu itangazo basohoye, Abepiskopi bavuze bati: “Tubabajwe no kuba kugera ubu imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi ifunze. Twishimiye ko hari ibyatangiye gukorwa kugira ngo umubano wongere kuba mwiza.’’



Izindi nkuru wasoma

Ibiciro by’ibicuruzwa ku masoko y’u Rwanda bikomeje gutumbagira

Perezida wa Mozambique ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka myinshi muri Congo

Abanyeshuri b’u Rwanda bakomeje gutsindirwa mu mibare n’ubugenge , Leta irateganya iki?

U Rwanda na Amerika Basuzumye uko Bakomeza ubufatanye mu By’Ingabo



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-04-02 11:04:49 CAT
Yasuwe: 277


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abepiskopi-Gatolika-bu-Rwanda-nu-Burundi-basabye-ifungurwa-ryImipaka-hagamijwe-ubuvandimwe.php