English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Kiernan Forbes  batanu muri bo batawe muri yombi

Hashize iyumweru bitandatu umuraperi Kiernan Forbes [AKA arashwe , Polisi ya Cape Town imaze gutanngaza ko yataye muri yombi abagabo batanu bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rw’uyu muhanzi.

Aba bacyekwaho kugira uruhare mwiraswa ry’umuhanzi bafatiwe  ahitwa Erica Square ubwo baribagiye guhaha.

Minisitiri w’umutekano muri Afurika y’Epfo aherutse kubwira Inteko ishinga Amategeko ko Polisi iri gukora ibishoboka byose mu gukemura iki kibazo, binyuze kuri za telefone z’abantu batandukanye.

Biteganyijwe ko aba bagabo bagiye koherezwa mu ntara ya KwaZulu-Natal kwisobanura ku birego bashinjwa

Kiernan ‘AKA’ Forbes yarashwe mu ijoro rya tariki 11 Gashyantare 2023 ku muhanda wa Florida mu gace ka Durban y’amajyepfo hanze ya restaurant yitwa Wish, uku kurasa kwaguyemo n’inshuti ye Tebello "Tibz" Motsoane

 

 

Yanditswe na Murwanashyaka Sam



Izindi nkuru wasoma

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis

Yavuze ko agiye gutaha, mu gitondo basanga yapfuye: Byinshi ku rupfu rw’umubyeyi wa Chriss Eazy

Yasize ifoto yanditseho ‘RIP’ mbere yo gupfira mu giti: Uko urupfu rwa Clement rwashenguye bensh

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-03-28 15:17:21 CAT
Yasuwe: 451


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abakekwa-gugira-uruhare-mu-rupfu-rwa-Kiernan-Forbes--batanu-muri-bo-batawe-muri-yombi.php