English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

 Nta mukene Wabasha kureba ubukwe bwa The Ben  kuri ‘internet’

 

Ubukwe bw’umuhanzi The Ben na Pamella  buzaba kuwa 15 Ukuboza 2023, byatangajwe

ko uzaba atishyuye ibihumbi 50 by’Amafaranga y’u Rwanda ntabwo azashobora gukurikirana

ubu bukwe ku imbuga nkoranya mbaga.

Ibi ni ibyatangajwe n’umuhanzi The Ben avuga ko ari uburyo bwo gufasha abantu bazaba batashoboye

kugera ahabereye ubukwe.

 

Aba bombi bashizeho uburyo bwo gukoresha ushaka gushigikira ubukwe bwabo,ariko banatangaza ko

umuntu uzakurikira uyu muhango w’ubukwe kuri ‘internet’ agomba kuba yishyuye ibihumbi 50Frw.

The Ben na Pamella basezeranye imbere y’amategeko  muri Kanama  2022,umuhango wabereye mu biro

by’umurenge wa Kimihurura.

 



Izindi nkuru wasoma

Abantu bagufi barusha abarebare amahirwe yo kuramba -Ukuri kwa Siyansi

Ukuri ku mashusho yasakaye agaragaza umukobwa ari kuribwa n’ifi

Rusororo: Abagabo babiri bafatiwe kuri moto batwaye ibilo 31 by’urumogi

Uburayi Bwafashe Umwanzuro Ukomeye ku Gisirikare — Ese niki kigiye gukurikiraho?

Perezida Kagame yagaragaje ishimwe rikomeye kuri Dr. Edouard Ngirente



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-11-08 13:54:16 CAT
Yasuwe: 637


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/-Nta-mukene-Wabasha-kureba-ubukwe-bwa-The-Ben--kuri-internet.php