Umubare w'abantu bapfa muri Gaza wamaze kurenga ibihumbi 350
Nyuma y’amezi menshi ashize Israel iburirwa ngo ihagarikea intambara, raporo iherutse gushyigikirwa hanze n’umuryango w’abibumbye yatanze ibimenyetso bifatika by’imibare yerekana ko ikiremwamuntu muri Gaza kiri guhura n'amakuba ababaje harimo no kwicishwa inzara.
Umuyobozi mukuru w’umuryango w’abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu, Volker Türk, mu kiganiro yagiranye na BBC yavuze ko Israel ariyo nyirabayazana w’icyaha, kandi ko hari urubanza rushoboka ko Isreal yaba ari gukoresha inzara inzara nk'intwaro y'intambara muri Gaza.
Minisitiri w’ubukungu muri Isiraheli, Nir Barkat, umunyapolitiki mukuru mu ishyaka rya Likud rya Benjamin Netanyahu, yamaganye umuburo wa Bwana Türk yavuzeko ariubuswa rwose - ikintu kidafite ishingiro na gato.
Kimwe na bagenzi be b'inama y'Abaminisitiri, Bwana Barkat yashimangiye ko Israel yarekaga imfashanyo zose zatanzwe na Amerika ndetse n'isi yose zigatambuka zikajyanwa muri Gaza. Isiraheli ivuga ko Loni yananiwe gukwirakwiza ibisigaye byose ko ntampamvu Isreal yagibwaho n'urubanza.
Kubura uburyo bwo kugeza imfashanyo muri Gaza byatumye Yorodani, ndetse n'ibindi bihugu birimo Amerika n'Ubwongereza, bihagarika imfashanyo zituruka mu kirere kubera inzira ntoya yo gutanga ibikoresho by'ubutabazi.
Abanyapalestine barwanira kubona imfashanyo ituruka mu Kirere bamwe barohamye mu njyanja ya Atalantic abandi barapfa kubera umubyigano wabashaka ibiribwa.
Ubushakashatsi buheruka gutangwa na Integrated Food Security Phase Classification, izwi nka IPC. buvugako muri Gaza abantu barenga miriyoni 1.1 bugarijwe n'ikibazo cy'inzara.
Israel yirengagije icyemezo cy’umuryango w’abibumbye mu kanama gashinzwe umutekano gisaba guhagarika imirwano bidatinze. Minisitiri w’ubukungu wa Isiraheli, Nir Barkat, yavuze ko nta kintu na kimwe kizemererwa uretse inzira y'intambara igamije gusenya ibikorwa by'umutwe wa Hamas no kubohora ingwate zafashwe ku ya 7 Ukwakira.
Minisiteri y’ubuzima yo muri Gaza igenzurwa ba ivuga ko kuva ku ya 7 Ukwakira umubare w’abantu bamaze kugwa mu ntambara ya Israel kuri wageze ku bantu 32.552. ku ruhande rwa Isreal iyi ntambara imaze gukomerekeramo abantu 74.980.
Mu masaha 24 ashize, abantu 62 barapfuye abandi 91 barakomereka
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show