Uko TG Omori yamaze imyaka itanu akorera ubusa
Umuhanga mu gutunganya amashusho muri Nigeria, TG Omori yahishuye ko nubwo abantu bari bazi ko afata amashusho y’indirimbo z’abahanzi b’ibyamamare ariko yamaze imyaka itanu akora ako kazi adahembwa kugeza mu 2023. Yanavuze ko iyo myaka yose yikoragamo kugirango abashe gufata amashusho meza.
Mu 2023 nibwo Davido yigeze kubwira Beats Fm ikorera I Lagos ko yigeze kwishyura miliyoni 100 z’amanayira TG Omori kugirango akore amashusho ya’Jowo’. Kuva ubwo rero itara ryatangiye kwaka uyu mugabo atangira gukirigita ku manayira.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show