English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Uko TG Omori yamaze imyaka itanu akorera ubusa

Umuhanga mu gutunganya amashusho muri Nigeria, TG Omori yahishuye ko nubwo abantu bari bazi ko afata amashusho y’indirimbo z’abahanzi b’ibyamamare ariko yamaze imyaka itanu akora ako kazi adahembwa kugeza mu 2023. Yanavuze ko iyo myaka yose yikoragamo kugirango abashe gufata amashusho meza.

Mu 2023 nibwo Davido yigeze kubwira Beats Fm ikorera I Lagos ko yigeze kwishyura miliyoni 100 z’amanayira TG Omori kugirango akore amashusho ya’Jowo’. Kuva ubwo rero itara ryatangiye kwaka uyu mugabo atangira gukirigita ku manayira.



Izindi nkuru wasoma

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka myinshi muri Congo

Kamonyi:Abantu 5 bakekwaho kwica umusore w’imyaka 24 batawe muri yombi

Manzi Thierry yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri Al Ahli Tripoli

Abanyarwanda barenga miliyoni 3 bafite imyaka yo gukora ariko batari ku isoko ry’umurimo barihe?

Iyo urara wambaye ubusa umubiri wawe ukora ibitangaza! birihariye ku bagabo



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-10 12:03:43 CAT
Yasuwe: 334


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Uko-TG-Omori-yamaze-imyaka-itanu-akorera-ubusa.php