English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Nicki Minaj arashakwa cyane muri Afurika y’epfo

Nyuma y’uko abaraperi babiri;Nicki Minaj yahuriye mu ndirimbo n’uwahoze ari umukoresha we Lil Wayne’Banned From No’. Mu cyumweru kimwe igiye hanze yabaye iya mbere kuri iTunes iza no mu zikunzwe muri Afurika y’Epfo kuri iTunes.

Nicki Minaj yagiye kuri X asubiza abafana be bo muri icyo gihugu ko yifuza kuzabataramira niba bamufitiye urukumbuzi. Iyi ndirimbo iri kumvwa cyane no mu bihugu by’I Burayi dore ko mu Bufaransa iri ku mwanya wa kabiri kuri ruriya rubuga.



Izindi nkuru wasoma

Nicki Minaj arashakwa cyane muri Afurika y’epfo

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis

Ibidasanzwe mu rugendo rw’abasirikare ba Afurika y’Epfo banyujijwe mu Rwanda bava i Goma



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:20:48 CAT
Yasuwe: 8


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Nicki-Minaj-arashakwa-cyane-muri-Afurika-yepfo.php