English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Kimenyi Yves n’umukunzi we bashize hanze I Tariki y’Ubukwe bwabo

 

 

 

 Umunyezamu w’Ikipe y’Iguhugu amavubi na As Kigali n’Umukunzi we  Uwase Muyango Claudine ,bamaze gushira hanze i Tariki  y’ubukwe bwabo.

Batangajeko ubukwe bwabo buzaba Tariki 6 Mutarama 2024 nkuko bigaragara kuneguza bashize hanze.

 

Hari hashize imyaka itanu bari mu rukundo ndetse ni myaka itatu Kimenyi yambitse Muyango Impeta ya Fiancailles.  Aba bombi basanzwe bafitanye umwana w’Umuhungu ufite imyaka ibiri babyaranye muri kanama  2021.

 

Kimenyi Yves yamamaye cyane mu mupira wa maguru mu Rwanda ,yaciye muri  APR FC,Rayon Sports,Kiyovu Sports ndetse no mu ikipe y’Igihugu amavubi.Ni mugihe Miss Uwase Muyango yamenyekanye ubwo yitabiraga  Miss Rwanda mu 2019 maze yegukana ikamba rya Nyampinga uberwa n’amafoto.



Izindi nkuru wasoma

Kabila yahuye na AFC/M23 i Goma, ashyira hanze umugambi we: Ese yagarutse nka 'Messiah'?

Hagiye hanze amakuru y’ibigiye gukurikira nyuma yuko Kabila ageze i Goma

Ni iki cyabaye ku itariki ya 27 Mata cyatumye RGB ihagarika amasengesho abera mu Ruhango

Kwigira kw’Afurika si inzozi: Perezida Kagame yihanangirije abategereza imirabyo iva hanze

Yasabye kujyanwa Iwawa ngo areke ‘kubabarira hanze’-Uko Polisi yamusubije byabaye isomo kuri ben



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-11-03 07:51:08 CAT
Yasuwe: 559


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Kimenyi-Yves-numukunzi-we-bashize-hanze-I-Tariki-yUbukwe-bwabo.php