Isreal yishe umuyobozi wa Hamas muri Gaza
Umuyobozi wa Hamas muri Gaza, Mohammed Sinwar, murumuna wa nyakwigendera Yahya Sinwar wari umuyobozi w'ikirenga w'uyu mutwe, nk’uko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yabibwiye abadepite kuri uyu wa Gatatu.
Mohammed Sinwar yari umwe mu bantu bashakishwa cyane na Israel, akaba yarasimbuye mukuru we mu Ukwakira umwaka ushize nyuma y’uko yiciwe mu majyepfo ya Gaza.
Mu gihe urupfu rwa Mohammed rwaba rwemejwe na Hamas, byaba ari bumwe mu bwicanyi bukomeye bwa mbere Israel ikoze kuri bamwe mu bayobozi ba Hamas mu mezi menshi ashize.
Mukuru wa Mohammed Sinwar ni we wateguye ibitero by’iterabwoba bya Hamas byo ku itariki ya 7 Ukwakira 2023 byatumye intambara hagati ya Hamas na Israel itangira, ikaba imaze iminsi 600.
Nyuma yaho, yaje kugirwa umuyobozi mukuru wa Hamas ubwo Israel yari imaze kwica uwamubanjirije, Ismail Haniyeh, ndetse n’umuyobozi w’igisirikare cya Hamas n’undi bafatanyije gutegura ibitero byo ku wa 7 Ukwakira, Mohammad Deif.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show