English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Indirimbo nshya ya Bwiza ikomeje guca ibintu kumbuga nkoranya mbaga

 

 Umuhanzi kazi  Bwiza Emerance utamaze igihe kirekire mu muziki Nyarwanda akomeje gushimisha benshi mundirimo zitandukanye z’urukundo .

Kuri ubu yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Pain killer , indirimbo imaze gukundwa n’abataribake kurubuga rwa youtube . Ni indirimbo y’amajwi n’amashusho , ndetse amashusho yayo yakorewe mu gihugu Cy’Uburundi . Amashusho  n’amajwi byakozwe  na Santana,   John Elart ayobora amashusho .

Iy’indirimbo ije nyuma y’iyo yaraherutse gushyira hanze yitwa “Amano”

Bwiza Emerance yakoze indirimbo zitandukanye nka Exchange ,Rumours ,Ready nizindi ndetse hari nizo yagiye afatanya n’abandi bahanzi  batandukanye.

 

 

 Yanditswe na Murwanashyaka Sam



Izindi nkuru wasoma

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Tems yateguje album nshya

Ibintu 10 abakobwa benshi bashyira imbere mu guhitamo umusore bazabana akaramata

Skales ufite indirimbo yakoreshejwe na Lamine Yamal wa Barcelona yakebuye abahanzi

Uko Otile Brown yatunguwe n’uwo yahimbiye indirimbo



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2023-03-06 12:25:24 CAT
Yasuwe: 634


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Indirimbo-nshya-ya-Bwiza-ikomeje-guca-ibintu-kumbuga-nkoranya-mbaga.php