English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ibyo The Ben na Diamond Platnumz baganiriye

Mu gitondo cyo ku itariki 24 Gicurasi 2025 The Ben na Diamond Platnumz bahuriye muri Kampala Serena Hotel baganira umwanya mbere yo kwerekeza i Ntungamo.

The Ben na Diamond Platnumz bari kubarizwa muri Kampala Serena Hotel bafashe amafoto basabana banibukiranya ibihe byaranze igitaramo cya The Ben cyagenze neza.

Diamond Platnumz yagize ati "Nabonye igitaramo cyawe cyaragenze neza. Harimo abakobwa barenze beza."

The Ben yamusubije ko yakoze ibishoboka byose ngo igitaramo kigende neza. Muri ayo mashusho humvikana Muyoboke Alexis yibwira Babu Tale, umujyanama wa Diamond Platnumz.

Aba bahanzi berekeje i Ntungamo mu gitaramo bahuriramo na Eddy Kenzo. Kigamije guteza imbere umugore wo mu cyaro.



Izindi nkuru wasoma

Ibyo Kanye West yavuze kuri P Diddy byatangaje benshi

Timbaland yakoze ibyo benshi bari kunyenga birimo no gusinyisha umuhanzikazi wa AI

Uwari umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yagize ibyo asabye abayobozi ba Rayon Sports

Ibyo umukinnyi w’ikirangirire muri sinema Jack Chan yahishuye kuri AI yaje ashaje

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-05-24 10:44:58 CAT
Yasuwe: 85


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyo-The-Ben-na-Diamond-Platnumz-baganiriye.php