English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Kuki Burna Boy w'imyaka 34 y'amavuko adakozwa ibyo gushaka umugore?

Burna Boy yasobanuye ko adafite gahunda yo gushaka umugore mu gihe atarabona umwanya wo kwita ku bana nk’uko ababyeyi be bamuhaye uburere akingenderaho kugeza n’ubu. Ubutumwa uyu muhanzi w’icyamamare yacishije ku mbuga nkoranyambaga ze yasobanuye ko nyina yaretse akazi mu Bwongereza akaza kumwitaho no kumufasha ku bijyanye n’umuziki we. Si nyina gusa kuko na se yamubaye hafi igihe cyose kuko nta rimwe yigeze abura se hafi.

Burna Boy rero asanga umugore bazashakana azaba yiteguye kwicara mu rugo akita ku muryango kuko nawe azaba yarashyize ku ruhande ibijyanye n’imiziki kugirango yite ku muryango we.

Burna Boy w’imyaka 34 y’amavuko yasobanuye ko ahugiye mu bitaramo aho ari gushaka amafaranga yo kuzita ku muryango we aho kubeshya umutima we ngo ahuze inshingano z’ubwamamare n’umuryango bityo we asanga aho kuburira umuryango umwanya azaba aretse abanze yihugireho.



Izindi nkuru wasoma

Kuki Burna Boy w'imyaka 34 y'amavuko adakozwa ibyo gushaka umugore?

Ibyo Kanye West yavuze kuri P Diddy byatangaje benshi

Timbaland yakoze ibyo benshi bari kunyenga birimo no gusinyisha umuhanzikazi wa AI

Uwari umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yagize ibyo asabye abayobozi ba Rayon Sports

Ibyo umukinnyi w’ikirangirire muri sinema Jack Chan yahishuye kuri AI yaje ashaje



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:25:08 CAT
Yasuwe: 7


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Kuki-Burna-Boy-wimyaka-34-yamavuko-adakozwa-ibyo-gushaka-umugore.php