English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Iby’ingenzi wamenya kugira ngo wandikishe ibihangano byawe muri RDB.

Dore ibisabwa kugira ngo wandikishe igihangano cyawe mu Kigo cy’Igihugu cy’Iterambere mu Rwanda (RDB), aho kucyandikisha ari ubuntu.

Kwandikisha igihangano bisaba kuba ufite ibihangano, hanyuma ukandikira Umwanditsi Mukuru muri RDB umusaba kwandikwaho ibihangano.

Iyo umaze kumwandikira, uvuga ibyo bihangano, kumugereka utanga Flash cyangwa CD iriho izi ndirimbo cyangwa ibyo bihangano.

Kumugereka kandi, ushyiraho fotokopi y’indangamuntu, amasezerano wagiranye n’abagukoreye ibyo bihangano (Producers).

 

 



Izindi nkuru wasoma

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Urunturuntu muri Rayon Sports rukomeje gutuma hari ibidakorwa

Angell Mutoni agiye kwitabira iserukiramuco rya Hip Hop Asili muri Tanzania



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-11-15 09:31:19 CAT
Yasuwe: 329


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ibyingenzi-wamenya-kugira-ngo-wandikishe-ibihangano-byawe-muri-RDB.php