English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abahanzi b’ibirangiriere ku Isi, Jay-Z na P. Diddy bigobotoye ingoyi yari ibaboshye.

Ku wa Gatanu, Urukiko rwa New York rwahagaritse burundu urubanza rwashinjaga Jay-Z na P. Diddy gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 13 mu 2000, mu birori bya MTV Video Music Awards.

Jay-Z yavuze ko ibi birego ari impuha zishingiye ku kwangiza izina rye, ndetse byamuteye igihombo cya miliyoni $20. Iki cyemezo cyafashwe ubwo abavoka babo bagaragaje ko ikirego cyari kigamije gusebanya.

Nubwo batsinze mu mategeko, izi nkuru zashyize igikomere ku mwuga w’aba bahanzi, cyane cyane P. Diddy, umaze iminsi ashinjwa ihohoterwa.



Izindi nkuru wasoma

Ni ryari umuntu ahagarika gukura burundu?

Icyayi n’Ikawa byahinduye ubuzima: Nyaruguru yinjije miliyari 20 Frw

Inkongi y’umuriro yafashe indege ya Boeing 737 Max i Denver yari irimo abagenzi barenga 150

Kenya: Yari ategereje urupfu imyaka 10, ariko miliyoni 1 y’amadolari iramukijije

D’banj yatunguye abantu ubwo yavugaga abahanzi batatu abona bagezweho muri Nigeria



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-17 10:35:39 CAT
Yasuwe: 431


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abahanzi-bibirangiriere-ku-Isi-JayZ-na-P-Diddy-bigobotoye-ingoyi-yari-ibaboshye.php