English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abahanzi b’ibirangiriere ku Isi, Jay-Z na P. Diddy bigobotoye ingoyi yari ibaboshye.

Ku wa Gatanu, Urukiko rwa New York rwahagaritse burundu urubanza rwashinjaga Jay-Z na P. Diddy gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 13 mu 2000, mu birori bya MTV Video Music Awards.

Jay-Z yavuze ko ibi birego ari impuha zishingiye ku kwangiza izina rye, ndetse byamuteye igihombo cya miliyoni $20. Iki cyemezo cyafashwe ubwo abavoka babo bagaragaje ko ikirego cyari kigamije gusebanya.

Nubwo batsinze mu mategeko, izi nkuru zashyize igikomere ku mwuga w’aba bahanzi, cyane cyane P. Diddy, umaze iminsi ashinjwa ihohoterwa.



Izindi nkuru wasoma

Rubavu:Abahanzi bakoze cyane mu myaka 3 ishize bagiye guhembwa

Imihango y’ubukwe: RRA yatanze umucyo ku makuru yari yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga

U Rwanda mu rugendo rwo kwigarurira isoko Mpuzamahanga: UAE yonyine yinjije Miliyari 1.55$

Rusizi: Uko byagendekeye umukobwa wabyariye mu nzira agahita aniga uruhinja rwe

‘Yari Umuseke w’Ibyishimo n’Ubupfura’: Abanyarwanda mu kababaro ko kubura Alain Mukuralinda



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-17 10:35:39 CAT
Yasuwe: 191


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abahanzi-bibirangiriere-ku-Isi-JayZ-na-P-Diddy-bigobotoye-ingoyi-yari-ibaboshye.php