English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abagaburirwaga na Kivu zombi batangiye guhumeka insigane muri Kinshasa

Gufunga ikibuga cy’indege cya Goma, kuva umujyi wafatwa na M23 mu mpera za Mutarama, byahagaritse iyoherezwa ry’ibiribwa n’ibindi bicuruzwa biva muri Kivu y’Amajyaruguru bijya mu murwa mukuru wa Congo.

Abatuye Kinshasa basanzwe batunzwe n’ibiribwa biva muri Kivu bahatiwe guhindura imirire yabo kuko ibicuruzwa hafi ya byose byabuze ku masoko.

Nk’uko bitangazwa na Deutsche Welle, gufunga Ikibuga cy’indege cya Goma, kuva umujyi wafatwa na M23 mu mpera za Mutarama, byagize ingaruka ku ruhererekane rwose rw’ibicuruzwa hagati ya Kivu na Kinshasa.

Ibiciro by’ibiribwa bimwe na bimwe byaratumbagiye hejuru nyuma yo kurangiza ibyari mu bubiko kandi ibigo bimwe bigemurira amasoko mato byabaye ngombwa ko bifunga.



Izindi nkuru wasoma

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Urunturuntu muri Rayon Sports rukomeje gutuma hari ibidakorwa

Angell Mutoni agiye kwitabira iserukiramuco rya Hip Hop Asili muri Tanzania



Author: Nsengimana Donatien Published: 2025-04-04 19:17:58 CAT
Yasuwe: 109


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abagaburirwaga-na-Kivu-zombi-batangiye-guhumeka-insigane-muri-Kinshasa.php