English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

 Umuraperi  Kendrick Lamar ya kukumbye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.

Umuraperi w’Umunyamerika Kendrick Lamar wakurikiwe n’ibihe byiza nyuma yo kuva i Kigali mu 2023, ni we wegukanye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.

Uyu muraperi yari ahatanye mu byiciro birindwi by’ibi bihembo, yegukana bitanu muri byo abikesha indirimbo ‘Not Like Us’ yakoze mu 2024 yibasira mugezi we Drake.

Ibihembo yatwaye ni:

·         SONG OF THE YEAR

·         RECORD OF THE YEAR

·         BEST RAP SONG

·         BEST RAP PERFORMANCE

·         BEST MUSIC VIDEO

Nyuma yo kwegukana ibi bihembo Kendrick Lamar yahise agwiza ibihembo 22 bya Grammys amaze kweguka mu rugendo rwe rwa muzika.

Kendrick Lamar kandi mu mpera z’iki cyumweru azataramira mu gitaramo cya “Super Bowl Halftime Show” ku wa 09 Gashyantare 2025.



Izindi nkuru wasoma

Ibyo mutamenye ku gitero Israel yagabye ku bayobozi bakuru ba Hamas muri Qatar

Umwihariko wa Zimbabwe yasusurukije Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rya Karongi 2025

Nyamasheke: Abikorera basabwe kuba urufunguzo rw’iterambere binyuze muri Kivu Beach Expo & Open Da

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka myinshi muri Congo

Abahoze muri MINUAR basuye Ingoro y’Urugamba rwo Kubohora Igihugu



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-03 20:40:12 CAT
Yasuwe: 528


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/-Umuraperi--Kendrick-Lamar-ya-kukumbye-ibihembo-byinshi-muri-Grammy-Awards-2025.php