English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

 Umuraperi  Kendrick Lamar ya kukumbye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.

Umuraperi w’Umunyamerika Kendrick Lamar wakurikiwe n’ibihe byiza nyuma yo kuva i Kigali mu 2023, ni we wegukanye ibihembo byinshi muri Grammy Awards 2025.

Uyu muraperi yari ahatanye mu byiciro birindwi by’ibi bihembo, yegukana bitanu muri byo abikesha indirimbo ‘Not Like Us’ yakoze mu 2024 yibasira mugezi we Drake.

Ibihembo yatwaye ni:

·         SONG OF THE YEAR

·         RECORD OF THE YEAR

·         BEST RAP SONG

·         BEST RAP PERFORMANCE

·         BEST MUSIC VIDEO

Nyuma yo kwegukana ibi bihembo Kendrick Lamar yahise agwiza ibihembo 22 bya Grammys amaze kweguka mu rugendo rwe rwa muzika.

Kendrick Lamar kandi mu mpera z’iki cyumweru azataramira mu gitaramo cya “Super Bowl Halftime Show” ku wa 09 Gashyantare 2025.



Izindi nkuru wasoma

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis

Yavuze ko agiye gutaha, mu gitondo basanga yapfuye: Byinshi ku rupfu rw’umubyeyi wa Chriss Eazy

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Urunturuntu muri Rayon Sports rukomeje gutuma hari ibidakorwa



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-03 20:40:12 CAT
Yasuwe: 265


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/-Umuraperi--Kendrick-Lamar-ya-kukumbye-ibihembo-byinshi-muri-Grammy-Awards-2025.php