English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Abantu 92 basaba ubuhungiro bagejejwe mu Rwanda

Minisiteri  y'ibikorwa by'ubutabazi ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yanditseko ku bufatanye n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR ,Leta y'u Rwanda yakiriye abimukira 92 baturutse muri Libya.

Ku mugoroba wo kuwa 27 Werurwe nibwo hasohotse itangazo rivugako abakiriwe 92 muribo hari 52 baturuka muri Eritrea naho abandi 35 bafite inkomoko muri Sudan.

U Rwanda mu 2019 rwagiranye amasezerano  n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR na Afurika yunze Ubumwe ajyanye no kujya rwakira abasaba ubuhungiro baturutse muri Libya nyuma yuko bamwe bagiye bagurishwa abandi bakicwa n'amazi bagerageza kujya ku mugabane w'Uburayi.

 



Izindi nkuru wasoma

Abimukira bo mu Bwongereza batinye koherezwa mu Rwanda none batangiye guhungira mu bindi bihugu

U Rwanda nirwo ruza imbere mu kungukira mu mishinga y'ikigega mpuzahanga cy'imari (IMF)

Ese umwimukira wagiye mu Bwongereza avuye muri DRC ashobora kuzanwa mu Rwanda?

DRC:Abantu barenga miriyoni 1 banduye Malariya muribo 1000 irabahitana

Itsinda ry'ingabo z'u Rwanda n'iza Jordanie bagiranye inama ku nshuro ya mbere



Author: Elysee Niyonsenga Published: 2024-03-28 16:35:10 CAT
Yasuwe: 39


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Abantu-92-basaba-ubuhungiro-bagejejwe-mu-Rwanda.php