English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Rayon Sports yemeje ko yasinyishije umukinnyi mushya

Kuri uyu wa Gatandatu , Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije Umurundi Musore Prince Michel nk’umukinnyi wayo mushya.

Uyu musore w’imyaka 26 y’amavuko ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso, wari umaze iminsi itatu ageze mu Rwanda yatangajwe nyuma yo gukora ikizamini cy’ubuzima yakoze kuri uyu wa Gatandatu akagitsinda kuko basanze ubuzima bwe bumeze neza.

Mu mashusho yashyizwe ku mbugankoranyambaga za Rayon Sports Musore Musore Prince Michel yagize ati " Nitwa Musore Prince, nari umukinnnyi wa Vital’O. Ubu ndi Gikundiro."

Musore Prince Michel wasinye amasezerano y’imyaka ibiri akinira Rayon Sports, asanzwe ari umukinnnyi unakinira ikipe y’Igihugu y’u Burundi.



Izindi nkuru wasoma

Kevin Muhire yatangajwe nk'umukinnyi mushya wa Jamus FC yo muri Sudani y'Epfo

Umukinnyi ukomeye wari witezwe muri APR FC yasinyiye Esperance De Tunis

Uwari Kapiteni wa Rayon Sport, aratangazwa nk’umukinnyi mushya mu yindi kipe

APR FC na Rayon Sports zajyanye muri Ghana, Police FC nayo yabikomeje! Avugwa hano mu Rwanda

Urunturuntu muri Rayon Sports rukomeje gutuma hari ibidakorwa



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-08 14:41:24 CAT
Yasuwe: 54


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Rayon-Sports-yemeje-ko-yasinyishije-umukinnyi-mushya.php