English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Perezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traore yateye utwatsi icyifuzo cya Burna Boy

Perezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traore yateye utwatsi icyifuzo cya Burna Boy cyo gutaramirayo ku ubuntu. Ni nyuma y’uko uwo muhanzi ukunzwe yari yifuje kuhakorera igitaramo k ubuntu muri uyu mwaka. Perezida Ibrahim yasobanuye ko igihugu cye muri ibi bihe kidakeneye ibirangaza abaturage.

Burna Boy yari yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze ati ‘’Niba bishoboka ndifuza gukora igitaramo cy’ubuntu muri Burkina Faso uyu mwaka. Imana ibimfashemo!”

Truligram yanditse ko perezida Ibrahim yasobanuye ko abaturage be badakeneye ibibarangaza muri ibi bihe.



Izindi nkuru wasoma

Uko Perezida Ndayishimiye akomeje kugambanira u Rwanda aha indaro abashaka kurusenya

Perezida Paul Kagame yatangiye urundi ruzinduko mu kindi gihugu gikomeye ku Isi

Ibyo Perezida Donald Trump yasubije nyuma yo kubazwa niba azababarira P Diddy

Burna Boy azataramana na Travis Scot

Perezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traore yateye utwatsi icyifuzo cya Burna Boy



Author: Nsengimana Donatien Chief Editor Published: 2025-05-29 12:18:08 CAT
Yasuwe: 81


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Perezida-wa-Burkina-Faso-Ibrahim-Traore-yateye-utwatsi-icyifuzo-cya-Burna-Boy.php