English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Ntibisazwe: Umuhanzi Mike Kayihura afite inzozi zo kuba umutoza w’umupira w’amaguru.

Mike Kayihura, umuhanzi ukomeye mu karere k’Ibiyaga Bigari, wamenyekanye cyane mu ndirimbo nka “Sabrina” yakoranye na Kivumbi King na Dany Beats, “Jaribu,” “Tuza,” “Zuba,” na “Anytime,” yatangaje ko afite inzozi zo kuba umutoza w’umupira w’amaguru.

Ibi yabitangarije mu kiganiro Kigali In The Morning cyabereye kuri Radio Royal FM, aho yari atumiyemo umunyamakuru mu gace ka Friday Office Party. Aha, yavuze ko akunda cyane umukino w’umupira w’amaguru ndetse ko ari umufana ukomeye wa Arsenal. Yongeyeho ko afite inzozi zo kuzaba umutoza w’ikipe y’umupira w’amaguru mu gihe kizaza.

Mike kandi yavuze ko ubuhanga bwe mu gucuranga ibikoresho bya muzika nka Piano bushingiye ku buzima bwe bwabereye mu rusengero, aho yagiriye amahirwe yo kwiga muzika kuva mu bwana bwe.



Izindi nkuru wasoma

Nyamasheke: Abikorera basabwe kuba urufunguzo rw’iterambere binyuze muri Kivu Beach Expo & Open Da

Abanyarwanda barenga miliyoni 3 bafite imyaka yo gukora ariko batari ku isoko ry’umurimo barihe?

Umuhanda Congo–Nil–Manihira–Ngororero ugiye gutangira kubakwa

Abantu bafite abavandimwe ba hafi biyahuye nabo bafite ibyago byinshi byo kwiyahura

Perezida Kagame yasabye urubyiruko rwa Afurika kuba imbarutso y’impinduka zubaka umugabane



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-07 16:41:41 CAT
Yasuwe: 502


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Ntibisazwe-Umuhanzi-Mike-Kayihura-afite-inzozi-zo-kuba-umutoza-wumupira-wamaguru.php