English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Kenny sol yasezeranye imbere y'amategeko nyuma y'umunsi umwe yambitse impeta umukinzi we

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 05 Mutarama umuhanzi Kenny sol yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Kunda Yvette ariko bitungura benshi kuko ayo makuru yari azwi n'abantu bakeya cyane.

Ibi byabaye nyuma yuko kuwa kane tariki ya 04 Mutarama 2024 umuhanzi Kenny sol yambitse impeta Yvette Kunda amusaba ko yazamubera umugore. Gusezerana imbere y'amategeko byabereye mu Murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge                Kenny Sol yari amaze iminsi mu gihugu cya Canada aho yari yaragiye mu bitaramo bitandukanye yagiye akorera muri icyo gihugu.

Umukunzi wa Kenny Sol ubusanzwe yitwa Kunda Alliance Yvette akaba yaraje mu Rwanda avuye mu Bushinwa aho yigaga.                  Urugendo rwa Kenny Sol mu muziki rwatangiriye aho yize mu ishuri ry'umuziki ryahoze ari Nyundo, yaririmbaga mu itsinda ritwa Yemba Voice ariko nyuma yuko aryi tsinda risenyutse yakomeje umuziki wenyine ariko aza gukundwa n'abataribake mu Rwanda.

Yanditswe na Elysee Niyonsenga



Izindi nkuru wasoma

Ghana:Hatangajwe icyunamo cy'iminsi nyuma y'impanuka yahitanye abayobozi bakuru

Rubavu: BasiGo yazanye bisi z'amashanyarazi zitezweho impinduka mu ngendo z’imbere mu gihugu

U Rwanda na Tanzaniya mu rugendo rushya rwo guteza imbere ubucuruzi, ubwikorezi n’indimi

Yafashwe nyuma y’imyaka 8 akora nka Ambasaderi w’Ibihugu Bitabaho

Rubavu: Imiryango 120 yahawe ubwiherero bugezweho n’ubukarabiro nyuma y’ingaruka z’ibiza



Author: Elysee Niyonsenga Published: 2024-01-05 15:48:58 CAT
Yasuwe: 711


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Kenny-sol-yasezeranye-imbere-yamategeko-nyuma-yumunsi-umwe-yambitse-impeta-umukinzi-we.php