English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Habuze iki ngo APR FC itwarwe umukinnyi ukomeye

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Kamena 2025, hano mu Rwanda haravugwa amakuru menshi y'imikino cyane cyane ku igura n'igurishwa ry'abakinnyi.

Ku munsi wejo hashize tariki 20 Kamena 2025, nibwo havugwaga amakuru menshi kuri rutahizamu witwa Raouf Memel Dao, byavugwaga ko yifuzwa na APR FC.

Uyu munya-Burkina Faso bivugwa ko yari yararanzwe na Djibril Cheick Ouattara bakomoka mu gihugu kimwe, ariko ntabwo azaza gukina hano mu Rwanda. Amakuru dukesha Kigali Today avuga ko Raouf Memel Dao yamaze gusinyira Singida Black Stars.

Umwe mu bayobozi b'iyi kipe witwa Omar Kaya, yavuze ko uyu musore w'imyaka 21 yamaze gusinya imyaka itatu muri Singida Black Stars.



Izindi nkuru wasoma

U Rwanda na Zimbabwe mu Bufatanye Bukomeye :Amasezerano 25 y’Iterambere yasinywe

Isura ya mwarimu ni we uyihesha -Ubutumwa bukomeye bwa Minisitiri w’uburezi

Uburayi Bwafashe Umwanzuro Ukomeye ku Gisirikare — Ese niki kigiye gukurikiraho?

Habuze iki ngo APR FC itwarwe umukinnyi ukomeye

Rayon Sports yatumijeho by’igitaraganya umukinnyi w’Umurundi



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-21 19:21:50 CAT
Yasuwe: 204


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Habuze-iki-ngo-APR-FC-itwarwe-umukinnyi-ukomeye.php