English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Wizkid na Tyla bagiye guhurira mu ndirimbo y’amateka

Mu minsi yashize, Tyla na Wizkind bahuriye I London mu Bwongereza bagirana ibihe byiza. Kuva ubwo rero hatangiye gutekerezwa ku ndirimbo bashobora gukorana dore ko Tyla ashyira Wizkid mu bahanzi batanu akunda.

Ikindi kandi Wizkid azwiho gufata ukuboko abahanzikazi bagakorana indirimbo zabaye ikimenyabose mu isi y’umuziki wa Afurika. Aha twavuga Ayra Starr baherutse gukorana, yasanze Tems, Tiwa Savage nawe bakanyujijeho ku buryo Tyla yaba yiyongereye kuri urwo rutonde rw’abahanzikazi bakoranye indirimbo n’uwo muhanzi umaze imyaka 23 ari icyamamare mu muziki w’isi.



Izindi nkuru wasoma

Wizkid na Tyla bagiye guhurira mu ndirimbo y’amateka

Skales ufite indirimbo yakoreshejwe na Lamine Yamal wa Barcelona yakebuye abahanzi

Uko Otile Brown yatunguwe n’uwo yahimbiye indirimbo

Impinduka zikomeye muri Manchester United: Abakinnyi 8 b’ibikomerezwa bagiye gusezererwa

Perezida Kagame ari muri Gabon mu birori by’amateka



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-04 10:37:25 CAT
Yasuwe: 76


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Wizkid-na-Tyla-bagiye-guhurira-mu-ndirimbo-yamateka.php