English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Mu bibazo byanjye byose ngira, icyo kugira umugabo ntikirimo –Umuhanzikazi Lydia Jazmine.

Umuhanzikazi Lydia Jazmine wo muri Uganda ufite se umubyara ukomoka mu Rwanda yatangaje ko mu bibazo ajya agira icyo gushaka umugabo kitarimo, mu buzima bwe.

Ibi uyu muhanzikazi yabitangaje ubwo yaganiraga na Televisiyo Ground TV avuga ko mu bibazo byose agira mu buzima bwe icyo gushaka umugabo kitarimo.

Riderman yavuye ku rubyiniro abafana batanyuzwe, Tuff Gang ntiyaririmba! Twinjirane mu Cyumba cya Rap

Ati “Mu bibazo byanjye byose ngira, icyo kugira umugabo ntikirimo.”

Lydia Jazmine w’imyaka 34 y’amavuko ni umuhanzikazi ukundirwa ikimero cye, ubuhanga bwe mu kuririmba ndetse n’imyambarire ye ikurura benshi mu b’igitsina gabo muri Uganda no hanze yayo, Gusa na none kandi benshi bibaza ku buzima bw’urukundo rwerekeza no ku gushaka umugabo we adakozwa kandi imyaka ye yigiye hejuru.



Izindi nkuru wasoma

Menya ibihugu 5 bya mbere muri Afurika mu kugira abakina imikino y'amahiwe benshi

Umugabo yasabye gusezerana n’umugeni we mu irimbi – Icyo yabwiye Padiri cyavugishije benshi

Kamonyi: Ikihishe inyuma y’urupfu rw’umugabo wishwe n’umugore we amukatishije nanjoro mu ijosi

Icyo Kiliziya Gatorika yatangaje nyuma yuko RGB ihagaritse amasengesho yo kwa Yezu Nyirimpuhwe

Huye: Ibishinjwa umugabo ukekwaho kwica mugenzi we amukubise inyundo kubera 300 Frw



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-01-11 10:53:51 CAT
Yasuwe: 293


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Mu-bibazo-byanjye-byose-ngira-icyo-kugira-umugabo-ntikirimo-Umuhanzikazi-Lydia-Jazmine.php