English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

DRC: Uwahoze ari Minisitiri wungirije agiye kumara mu gihome imyaka 20

Urukiko rwisumbuye rwa Kinshasa rwatangajeko rwakatiye Moussa Mondo wahoze ari Minisitiri wungirije wa Hydrocarbures  gufungwa imyaka 20 azira gukubita umugore we akamukomeretsa nyuma yaho bikamuviramo urupfu. 

Ibi byatangajwe n'urukiko rwisumbuye rwa Kinshasa ku wa kabiri tariki ya 16 Mata 2024 ndetse runatangazako agomba gutanga izahabu ingana na miliyoni y'amafaranga ukoreshwa muri Congo.

Moussa Mondo aregwa kuba yarakubise umugore we ku rwego rwo hejuru akamukomeretsa kugeza ubwo yajyanwe mu bitaro ariko birangira uwo mugore we ukomoka muri Madagascar apfuye.

Ubwo yahabwaga umwanya  ngo avuge ijambo rye rya nyuma mbere yuko umucamanza ata ngaza umwanzuro,Moussa Mondo ibyo yahamijwe yabiteye utwatsi avugako atariwe wishe umugore we ko ahubwo uwo mugore yaba yarishwe n'indwara ya Kanseri yari amaranye igihe.



Izindi nkuru wasoma

Ifoto y'umwana wagiye ku ishuri yambaye impuzankano ya Polisi ubuyobozi bwayivuzeho

Umugore wacibwaga intege agiye kuyobora igisirikare cya Kenya cyirwanira mu Kirere

Abasirikare ba DRC bagiye kujya bahabwa imyitozo n'u Bufaransa

DRC:Rubaya agace kihariye mu bucukuzi bwa Coltan kari kugenzurwa na M23

DRC:Umu Wazalendo yishe arashe umwanya w'imyaka 12



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2024-04-18 17:52:00 CAT
Yasuwe: 53


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/DRC-Uwahoze-ari-Minisitiri-wungirije-agiye-kumara-mu-gihome-imyaka-20.php