Ingabo z'u Burusiya zinjiye mu birindiro by'ingabo za Amerika ziri muri Niger
Minisitiri w'ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Lloyd Austin yemeje ko ingabo z'u Burusiya zinjiye mu kigo gicumbitsemo abasirikare ba Amerika muri Niger.
Ibiro ntaramakuru by'Abongereza Reuters byo bivugako ibi byabaye mu gihe Niger imaze iminsi itangajeko Amerika igomba gucyura abasirikare bayo bagera ku 1000 bari muri icyo gihugu.
Umubano mwiza hagati ya Niger na Leta Zunze Ubumwe za Amerika wajemo agatotsi mu mwaka ushize ubwo habaga ihirikwa ku butegetsi ariko mbere yaho byari ibihugu bibanye neza mu mutekano.
Amakuru akomeza avugako nubwo ingabo z'u Burusiya zinjiye mu kigo gicumbikiye ingabo za Amerika zitigeze zivanga ariko habayeho kwegerana cyane ni mu gihe umubano hagati y'ibihugu byombi utari mwiza habe na gato.
Uretse Niger yasabye Amerika gukura ingabo zayo muri icyo gihugu,ingabo za Amerika zamaze kuva muri Tchad.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show