Umuntu wese wahangara gutera u Rwanda agomba ku byicuza - Perezida Paul Kagame
Kuwa mbere tariki ya 15 Mata 2024 , Perezida Paul Kagame ubwo yari mu muhango wo kwinjiza aba Ofisiye bashya bari basoje amasomo yabo, yavuzeko u Rwanda rwa kera rutandukanye n'u Rwanda rw'uyu munsi mu bijyanye no kwicungira umutekano bityo umuntu ushobra kugerageza gutera u Rwanda byanze bikunze ashobora ku byicuza.
Aba Ofosiye 624 nibo bahawe ipeti rya Sous Lieutenant nyuma yo gusoza amasomo mu Ishuri rikuru rya gisirikare i Gako.
Perezida Paul Kagame akaba n'umugaba mukuru w'ingabo z'u Rwanda mu mpanuro yahaye abo ba Ofisiye bashya yababwiyeko nta muntu uwo ariwe wese ugomba kubagaraguza agati kandi mu gihe haba hari ubigerageje byanze bikunze akaba agomba kwicuza impamvu yabikoze.
Aba ofisiye bose hamwe basoje amasomo yabo ni 624 harimo abakobwa 51 ndetse naba ofosiye 53 bize mu bihugu by'inshuti bose hamwe bakaba bari mu byiciro bitatu icyicyiro cya mbere kigizwe n'abanyeshuri 102 bize amasomo y'umwuga wa gisirikare babifatanyije n'amasomo ya kaminuza y'u Rwanda abahesha impamyabumenyi y'ikiciro cya kabiri cya kaminuza.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show