Rwanda:Ababyaza n’abaforomo bagiye gusubizwa
Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda yatanze icyizere cyo gukemura ibibazo byugarije abaforomo n’ababyaza.
Hari mucy’iganiro Minisitiri W’ubuzima Dr Sabin Nsanzina yagiranye n’Ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) , maze aha cyizere kubakora muri urwo rwego ko icyibazo cy’Umushahara mucye bahabwa cyigiye gukemuka
N’icyiganiro cyabereye muri Minisiteri y’ubuzima kuwa 1 ugushyingo 2033 , Minisitiri w’Ubuzima
Dr Sabin Nsanzimana yavuze ko ibyo bibazo bigiye gukemurwa mu gihe cya vuba ariko hakaba iby’ibanze cy’abamaze imyaka itanu bakora by’agateganyo nt’amabaruwa abashira mukazi bafite.#
Dr Girembagara Andre uyobora urugaga rw’abaforomo n’ababyaza yazuze ko kubera inyigo yarangiye nkuko Minisitiri yabisabye byakwihutishwa.
Yagize ati:”umushahara w’umubyaza n’umuforomo uheruka kuzamurwa muri 2016 nabyo nta kizere twari dufite,ariko kimaze ighe kinini tutumva aho byarengeye.”
Ikindi cyagaragajwe harimo abaforomo n’ababyaza bashakaga kwiga ntibikunde bigakorwa rwihishwa.
Bimwe mu bikubiye mu mavugurura harimo kuba abatazigira mu kazi bazahabwa impushya zo gukomeza amasomo ku buryo niba ari ighe cy’akazi uwaruhawe agakora cyaba n’igihe cy’amasomo akiga nta kibazo.
Minisitiri Dr Nsanzimana yijeje ko Minisante igiye gukora ubuvugizi ngo ibi bibazo birangire vuba bidatinze.
Comments
No comments
Leave a comment
www.ijambo.net is a product of YIRUNGA LTD.
We are here to provide with our professionals in advertisement and news so that our partnership will take your business one step ahead/
We focus on simplicity advertisement.
contact us/Twandikire
Rwanda,Western Province,Rubavu District,Kivumu cell
phone: 0781000112 / 0788989706
email: info@ijambo.net
Digital Marketing & Advertising
Social Media consultancy
Public Advertisement and Announcements
Branding and Promotion
Media Relation
Documentaries & Photography
Graphic design
Live streaming
Marketing campaign
Event management and Organising
Online Radio and TV
Community show